Sunday, May 20th
Last update08:30:38 AM GMT
Headlines:
Kugeza ubu mu ruhando rw’isi mu mupira w’amaguru, abakinnyi critiano ronaldo na lionel messi nibo bafatwa nk’ibihangange, gusa umusore ukomoka mu gihugu cya Portugal critiano ronaldo akurikije uko abafana babivuga...
Ku kazi katoroshye ikipe ya Chelsea yegukanye igikombe cya champions league mu mateka yayo nyuma yo gusezerera Bayern munich kuri penaliti 4-3. Uyu mukino wari witezwe n’imbaga y’abakunzi ba ruhago ...
Umukinnyi wa filimi Jackie chan aratangaza ko atazongera gukora filimi z’ibikorwa(action), ibi chan yabitangaje ubwo yari ahitwa Cannes mu bufaransa aho yari yagiye gusobanura filimi nshyashya arimo gukora yitwa“Chinese Zodiac...
Ku itariki ya 20 Mutarama 2012 nibwo muri kaminuza nkuru y’u Rwanda habaye umuhango wo gutanga ibihembo kubanyeshuli baba barahize abandi mu bintu bitandukanye, nko mubuhanzi, imikino, gutsinda mu ishuli ...
ku itariki ya 3 kamena nibwo umuhanzikazi Lady gaga yateganyaga gukorera igitaramo mu murwa mukuru w’igihugu cya indoneziya jakalta, gusa polisi yage kumusaba kubihagarika nyuma yaho abaturage babyamaganiye kure bafatanyije...
Yitwa Aisha Kirabo Monica akaba mwene Kakwezi Grace na Mutabaruka Isai, yavutse tariki ya 25/06/1991 mu gihugu cy’ubugande ahitwa Imbarara, mu muryango w’abana barindwi, abahungu babiri n’abakobwa batanu, akabari umwana...
Nyuma ya Salax Awards kugeza ubu ari ifatwa nkaho ariyo Awards y’imyidagaduro muri rusange ikomeye dufite mu Rwanda, na Umucyo Gospel Awards ihemba amakorali, hari gutegurwa indi Awards izaba uyu...
Mu gihe mu Rwanda hakomeje igikorwa cyo kwibuka mu gihe cy’iminsi ijana, ishyirahamwe ry’abahanzi nyarwanda ba muzika ‘INGOMA MUSIC ASSOCIATION’ riratangaza ko igikorwa cyo kwibuka abahanzi bazize jenoside yakorerewe Abatutsi...
Kuri uyu wa gatanu tariki ya 11/05/2011, i Musanze nibwo habaye inama yahuje inzego zitandukanye zirimo abayobozi b’intara y’amajyaruguru, ubuyobozi bw’akarere ka Musanze na Burera uturere tubiri uyu mushinga wakoreyemo, ...
Ubwo shampiona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda yakomezaga kuri uyu wagatandatu tariki 12/05/2012, amahirwe akomeje kuyoyoka ku ruhande rw’ikipe ya Police FC nyuma yo gutsindwa na Marines FC igitego kimwe...
Umuhanzi Bright umenyerewe mu njyana ya Hip Hop (Gospel Hip Hop) Nyuma yo gukora indirimbo ze bwite zigera kuri eshatu arizo:IMBOHE,NDAGUKOMANGIYE, n’ UMUCUNGUZI aheruka gushyira ahagaragara mu mpera z’umwaka ushize,...
Korali Alliance ibarizwa mu muryango mugari w’ abapentekoti (CEP) ukorera muri Kaminuza nkuru y’ u Rwanda. kuri uyu wa gatandatu tariki ya 12 gicurasi Huye na Tariki ya 13 gicurasi...