Sunday, May 20th

Last update08:30:38 AM GMT

You are here Home

TOP STORIES NOW

  • Pause
  • Previous
  • Next
1/4

“kugeza ubu nkeka ko ndi umukinnyi mwiza kurusha Eessi”Cristiano Ronaldo

Sunday, 20 May 2012 11:30
“kugeza ubu nkeka ko ndi umukinnyi mwiza kurusha Eessi”Cristiano Ronaldo

Kugeza ubu mu ruhando rw’isi mu mupira w’amaguru, abakinnyi critiano ronaldo na lionel messi nibo bafatwa nk’ibihangange, gusa umusore ukomoka mu gihugu cya Portugal critiano ronaldo akurikije uko abafana babivuga...

Champions league: ikipe ya chelsea mu mateka yayo yegukanye igikombe.

Sunday, 20 May 2012 11:18
Champions league:  ikipe ya chelsea mu mateka yayo yegukanye igikombe.

Ku kazi katoroshye ikipe ya Chelsea yegukanye igikombe cya champions league mu mateka yayo nyuma yo gusezerera Bayern munich kuri penaliti 4-3. Uyu mukino  wari witezwe n’imbaga y’abakunzi ba ruhago ...

Jackie Chan aremeza ko atazongera gukora filimi z’ibikorwa

Sunday, 20 May 2012 11:05
Jackie Chan aremeza ko atazongera gukora filimi z’ibikorwa

Umukinnyi wa filimi Jackie chan aratangaza ko atazongera gukora filimi z’ibikorwa(action), ibi chan yabitangaje ubwo yari ahitwa Cannes mu bufaransa aho yari yagiye gusobanura filimi nshyashya arimo gukora yitwa“Chinese Zodiac...

Abatsindiye ibihembo muri recta excellent awards amaso yaheze mu kirere

Sunday, 20 May 2012 10:58
Abatsindiye ibihembo muri recta excellent awards amaso yaheze mu kirere

Ku itariki ya 20 Mutarama 2012 nibwo muri kaminuza nkuru y’u Rwanda habaye umuhango wo gutanga ibihembo kubanyeshuli baba barahize abandi mu bintu bitandukanye, nko mubuhanzi, imikino, gutsinda mu ishuli ...

INDONEZIYA: polisi yategetse umuhanzikazi lady gaga guhagarika igitaramo.

Wednesday, 16 May 2012 08:12
INDONEZIYA: polisi yategetse umuhanzikazi lady gaga guhagarika igitaramo.

ku itariki ya 3 kamena nibwo  umuhanzikazi Lady gaga yateganyaga gukorera igitaramo  mu murwa mukuru w’igihugu cya indoneziya jakalta, gusa polisi yage kumusaba kubihagarika nyuma yaho abaturage babyamaganiye kure bafatanyije...

Umuhanzikazi Aisha Kirabo Monica yasohoye indirimbo nshya ebyiri, nyuma yo kurangiza kwiga

Tuesday, 15 May 2012 12:51
Umuhanzikazi Aisha Kirabo Monica yasohoye indirimbo nshya  ebyiri, nyuma yo kurangiza kwiga

Yitwa Aisha Kirabo Monica akaba mwene Kakwezi Grace na Mutabaruka Isai, yavutse tariki ya 25/06/1991 mu gihugu cy’ubugande ahitwa Imbarara, mu muryango w’abana barindwi, abahungu babiri n’abakobwa batanu, akabari umwana...

Mimonisa Group igeze kure itegura Golden Gospel Awards

Tuesday, 15 May 2012 12:42
Mimonisa Group igeze kure itegura Golden Gospel Awards

Nyuma ya Salax Awards kugeza ubu ari ifatwa nkaho ariyo Awards y’imyidagaduro muri rusange ikomeye dufite mu Rwanda, na Umucyo Gospel Awards ihemba amakorali, hari gutegurwa indi Awards izaba uyu...

Kwibuka abahanzi bazize jenoside yakorewe Abatutsi byimuriwe tariki ya 26.5.2012

Monday, 14 May 2012 15:40

Mu gihe mu Rwanda hakomeje igikorwa cyo kwibuka mu gihe cy’iminsi ijana, ishyirahamwe ry’abahanzi nyarwanda ba muzika ‘INGOMA MUSIC ASSOCIATION’ riratangaza ko igikorwa cyo kwibuka abahanzi bazize jenoside yakorerewe Abatutsi...

Umushingawa Basoli werekanye amasomo atandukanye mu gutubura imigano

Monday, 14 May 2012 15:18
Umushingawa Basoli werekanye amasomo atandukanye mu gutubura imigano

Kuri uyu wa gatanu tariki ya 11/05/2011, i Musanze nibwo habaye inama yahuje inzego zitandukanye zirimo abayobozi b’intara y’amajyaruguru, ubuyobozi bw’akarere ka Musanze na Burera uturere tubiri uyu mushinga wakoreyemo, ...

Amahirwe yo kwegukana igikombe aragenda ayoyoka ku ikipe ya Police FC.

Sunday, 13 May 2012 23:21
Amahirwe yo kwegukana igikombe aragenda ayoyoka ku ikipe ya Police FC.

Ubwo shampiona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda yakomezaga kuri uyu wagatandatu tariki 12/05/2012, amahirwe akomeje kuyoyoka ku ruhande rw’ikipe ya Police FC nyuma yo gutsindwa na Marines FC igitego kimwe...

Umuraperi Bright agiye gushyira hanze amashusho y’imwe mu ndirimbo ze

Saturday, 12 May 2012 21:02
Umuraperi Bright agiye gushyira hanze amashusho y’imwe mu ndirimbo ze

Umuhanzi Bright umenyerewe mu njyana ya Hip Hop (Gospel Hip Hop) Nyuma yo gukora indirimbo ze bwite zigera kuri eshatu arizo:IMBOHE,NDAGUKOMANGIYE, n’ UMUCUNGUZI aheruka gushyira ahagaragara mu mpera    z’umwaka ushize,...

Chorale Alliance iramurika umuzingo w’amashusho uri mu ndimi

Friday, 11 May 2012 17:00
Chorale Alliance iramurika umuzingo w’amashusho uri mu ndimi

Korali  Alliance ibarizwa mu muryango mugari w’ abapentekoti (CEP) ukorera muri Kaminuza nkuru y’ u Rwanda. kuri uyu wa gatandatu tariki ya 12 gicurasi Huye na Tariki ya 13 gicurasi...